
Sobanukirwa byimbitse Nyabingi na Ryangombe babayeho mu …
2023年2月22日 · Byatumye nyuma y’urupfu rwe abaterwaga n’ibyago Abagirwa be bababwira ko batewe na Nyabingi. Biba aka baba bana bajyaga babwirwa ko nibanyara k’uburiri babashyira Nyamuryabana akabarya! Abana bagahora bazi ko hari umuntu witwa Nyamuryabana wanga amakosa abana bakora!
Ikiganiro cya Radio BBC cyahuje abana bo mu Rwanda n'ababo bari bazi ko ...
2019年9月23日 · Bwana Mugenzi ati: "Ni igitekerezo cyazanywe na Neville Harms, yari umuyobozi wa BBC ishami ry'igiswahili mu 1994. Yasabye ko hajyaho uburyo bwo guhuza ababuranye n'ababo biciye kuri radio".
Rubavu: Abatarabona ababo baguye muri Sebeya
2023年5月5日 · Mu gusubiza aba baturage, Dr. Edouard Ngirente, yabahumurije ababwira ko u Rwanda rutazahwema kubafasha no kubaha iby’ibanze bazakenera. Ati: ”Umukuru w’igihugu ari kumwe na mwe, niyo mpamvu yantumye kugira ngo dukomeze kubafata mu mugongo. Yantumye ngo mukomeze mwihangane kandi Leta irabafasha uko ishoboye kose".
Abarimo umuhesha w’inkiko n’umwanditsi w’urukiko batawe muri …
2024年11月22日 · Ni mu gihe uwitwa Mabondo, Umuhesha w’Inkiko yakoranaga na Mukadusabe Marcelline, na we agashaka abantu babaga bafite ababo bafunzwe bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye, Mabondo akababwira ko ari umwunganizi mu by’amategeko (Avocat) akabizeza ko azabafasha kubafunguriza ababo cyangwa kubunganira mu …
'Uko iminsi ishira ni ko dushenguka imitima' – Abafite ababo …
2023年5月2日 · Mu gahinda gakomeye ababo bategereje amakuru y’abari kubashakisha kandi bavuga ko ubu batemerewe kuhagera.
Huye: Abagwiriwe n’ikirombe bagishyinguwemo - Kigali Today
2023年5月8日 · Ibyo ni byo byatumye ubuyobozi ku bufatanye n’ababuriye ababo muri iyo mpanuka, bafata icyemezo cyo kubashyingura. Inkuru bijyanye: Huye: Gushakisha abagwiriwe n’ikirombe byahagaze
Burera: Imirambo ya batatu bari baraburiwe irengero yabonetse
2024年11月13日 · Amambere ubuyobozi burimo ubw’akagari ka Rusekera n’Umurenge wa Ruhunde ngo bwizezaga ababuze ababo ko bahari kandi bagiye gupagasa, ndetse ko inzira banyuzemo bayizi. Burera: Impaka ku nkuru y’ababuriye mu kirombe cy’umucanga
Tanzania: Perezida Suluhu yihanganishije ababuriye ababo mu
2024年11月17日 · Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yihanganishije abakomerekeye mu mpanuka y’umuturirwa waguye mu gace k’ubucuruzi ka Kariakoo mu Murwa wa Dar es Salaam, ndetse afata mu mugongo ababuze ababo. Ni impanuka yabaye mu masaha y’igitondo ku wa Gatandatu tariki 16 Ugushyingo 2024.
Rubavu:Abaturage baravuga ko bibagora kwandikuza ababo …
2023年11月30日 · Yavuze ko bigira ingaruka ku igena migambi ry’igihugu kuko bakomeje kubarwa mu mubare w’abaturage badahari. Imibare y’ubushakashatsi ku mibereho y’abaturage n’ubuzima yo mu 2020 igaragaza ko mibare yo kwandika abavuka kwa muganga ariyo izamuka kurenza kwandukuza abapfa.
Abafite ababo bashyinguwe ku rwibutso rwa Gisuna barasaba ko ...
2023年4月10日 · Kubera amateka y'abashyinguye mu rwibutso rwa Gisuna, abafite ababo bashyinguwe muri uru rwibutso barasaba ko rwahindurirwa izina rukitwa Urwibutso rwa
- 某些结果已被删除